Jump to content

Muhazi WFC

Kubijyanye na Wikipedia
Abakinnyi b'abagore b'umupira wamaguru
Ikipe y'abari n'abategarugori
muhazi fc nikipe yo murwanda isangwa mukarere ka rwamagana hafi ya muhazi

Muhazi WFC (Muhazi Women Football Club)  yashinzwe  muri 2023, ikipe yashizwe kandi irebererwa na karere ka Muhazi, ni ikipe y’umupira wa maguru wa babigize umwuga. Ni ikipe igaragaramo abagore n’abakobwa mu gukina shampiyona y’igihugu I tegurwa na FERWAFA, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ndetse n’igikombe cy’amahoro cy’igihugu. Muhazi WFC yakinnye mu shampiyona y’icyiciro cy’akabiri mu Rwanda, irazamuka ubu ikaba iri mu cyiciro cya mbere cya shampiyona mu mupira w’amaguru mu bari na bategarugori. [1][2]iyi kipe ika izwiho umwihariko wo gutsinda wo gutsinda amakipe yo mukiciro cya mbere.

Aho ikipe ibarizwa
  1. https://umuseke.rw/2024/03/rayon-sports-yabagore-irakoza-imitwe-yintoki-ku-gikombe/
  2. https://igihe.com/imikino/football/article/rayon-sports-y-abagore-yongeye-kugura-abakinnyi-bakomeye-muri-as-kigali-wfc